WIRE โ Umuvugizi w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha/RIB, Dr Murangira B. Thierry yaburiye uwo ariwe wese uziko yagize ukuboko kurekure mu ikorwa ry'inzoga n'Ibinyobwa bitujuje Ubuziranenge ko aho azamenyekanira hose azabibazwa. Ati" Nta muntu n'umwe ufite icyo nakwita ubudahangarwa". Dr Murangira B. Thierry, yabitangaje ubwo RIB na Polisi berekanaga bamwe mu bakozi ba Leta barimo Umuyobozi mukuru wa Rwanda The post Uzagaragara wese ko yagize uruhare muri ibi bintu nta kizatuma adakurikiranwa-Dr Murangira B. Thierry/RIB first appeared on Intyoza. The post Uzagaragara wese ko yagize uruhare muri ibi bintu nta kizatuma adakurikiranwa-Dr Murangira B. Thierry/RIB appeared first on Intyoza.
"We aggregate wires to encourage regional discovery, sending readers directly back to the original source to explore full coverage."
This is a normalized overview of the breaking feed event. The complete, official release detailing all points, background context, and statements remains hosted by the original publisher.