WIRE โ€” Polisi y'u Rwanda ikorera mu Ntara y'Iburasirazuba ivuga ko hatangiye iperereza ku rupfu rw'umugore wo mu Murenge wa Muhura mu Karere ka Gatsibo, wapfuye urupfu rwamayobera agapfana n'abana be babiri. Byagarutsweho n'Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Iburasirazuba SSP Hamdun Twizerimana, wavuze ko nyuma yo kumenya iby'urupfu rw'umugore w'imyaka 36 wari utuye i Muhura n'abana be

"We aggregate wires to encourage regional discovery, sending readers directly back to the original source to explore full coverage."

This is a normalized overview of the breaking feed event. The complete, official release detailing all points, background context, and statements remains hosted by the original publisher.