WIRE โ€” Umunyarwenya wo muri Uganda Saad Ssozi wamamaye nka Rango Tenge Tenge yageze i Kigali mu Rwanda, aho aje kwitabira igitaramo ahafite. Uyu munyarwenya hamwe nitsindary'abamuherekeje bageze ku Kibuga mpuzamahanga cya Kigali kuri uyu waGatatu tariki 29 Nyakanga 2026. Mu kiganiro yagiranye nitangazamakuru ubwo yasesekaraga i Kigali, yabajijwe uko yiyumva bitewe nuko ari ubwa mbere yari

"We aggregate wires to encourage regional discovery, sending readers directly back to the original source to explore full coverage."

This is a normalized overview of the breaking feed event. The complete, official release detailing all points, background context, and statements remains hosted by the original publisher.