WIRE — Rusizi: Abanyarwanda 108 batahutse bava aho bari barahungiye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bavuze ko imyaka yose bahamaze babwiwe ko ugeze mu Rwanda, ahita apfa. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Nyakanga 2026, nibwo bariya Banyarwanda bakiriwe ku mupaka wa Rusizi I bavuye mu mashyamba ya Congo bamazemo imyaka 32. Aba barimo abagabo

"We aggregate wires to encourage regional discovery, sending readers directly back to the original source to explore full coverage."

This is a normalized overview of the breaking feed event. The complete, official release detailing all points, background context, and statements remains hosted by the original publisher.