WIRE — Perezida wa Mozambique akaba nUmugaba wIkirenga wIngabo za Mozambike (FADM), Daniel Francisco Chapo, yashimye uruhare rw'inzego z'umutekano z'u Rwanda zagize mu kurwanya iterabwoba ryari ryaribasiye iki gihugu. Ni ubutumwa yatanze nyuma yo gusura yasuye Inzego zUmutekano zu Rwanda ku cyicaro gikuru giherereye mu Karere ka Mocímboa da Praia, mu ruzinduko rwakazi arimo kugirira mu Ntara
"We aggregate wires to encourage regional discovery, sending readers directly back to the original source to explore full coverage."
This is a normalized overview of the breaking feed event. The complete, official release detailing all points, background context, and statements remains hosted by the original publisher.